Uko wafasha usaba icyitonderwa cyemewe gishyirwa ku nguzanyo nto.

Iyi serivisi ifasha umuntu ushaka inguzanyo ingana na miliyoni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda cyangwa iri munsi yayo, ayisaba mu bigo by’imari iciriritse cyangwa muri SACCO, gusaba Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubutaka gushyira amabwiriza ku butaka bwe.

Iyi dosiye  itunganywa mu iminsi y’akazi 7. Iyi serivisi itangwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka (NLA).

Igiciro cy’iyi serivisi ni 2000 RWF.

Ibisabwa:

  • Usaba agomba kuba afite nomero ya telefoni na imeyili bikora.

  • Nomero ya UPI y’usaba  igomba kuba yanditse ku ndangamuntu ye.



Kurikiza izi ntambwe ubashe gutangiza ubusabe.




Intambwe zikurikira Gufungura dosiye.

  1. Kwishyura:

  • Koresha nomero yawe yo kwishyuriraho kugira ngo wishyure serivisi zawe ukoresheje bumwe mu buryo butangwa mu gice cy’ “uburyo bwo kwishyura”.Numara kwishyura neza,uzabasha gukura inyemezabwishyu ku  IremboGov ukoresheje nomero yo kwishyuriraho

  1. Igihe ugomba kwitega kubuzwa uburenganzira ku butaka bwawe:

  • Dosiye  nimara gutunganywa neza,uzahabwa ubutumwa bumenyesha ko dosiye yawe yemejwe kandi ko ubutaka bwawe bwashyizweho imbogamizi. Nuramuka utakiriye ubutumwa bugufi (SMS) bukumenyesha aho dosiye yawe igeze mu gihe cy’iminsi itanu(5) y’akazi nyuma yo kuyohereza,wasura  cyangwa ukavugisha Irembo kuri 9099 cyangwa support@irembo.com.

Var þessi grein gagnleg?

Það er frábært!

Þakka þér fyrir álit þitt

Því miður! Við gátum ekki verið hjálpleg

Þakka þér fyrir álit þitt

Láttu okkur vita hvernig við getum bætt þessa grein!

Veldu að minnsta kosti eina af ástæðunum
Staðfesting á CAPTCHA er nauðsynleg.

Viðbrögð send

Við kunnum að meta fyrirhöfn þína og munum reyna að laga greinina